Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike

Komisiyo y’Amatora yemeje burundu intsinzi ya Perezida Paul Kagame.

Komisiyo y’Igihugu y’amatora, NEC kuri uyu wa Mbere tariki 22 Nyakanga 2024, yemeje burundu ibyavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite yabaye ku matariki ya 14, 15 na 16 Nyakanga 2024.

NEC yemeje ko amajwi ya burundu agaragaza ko Umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi, Paul Kagame yatowe n’abanyarwanda agatsindira kuyobora u Rwanda ku majwi 99,18%.

Umukandida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije, DGPR/Green Party, Dr Frank Habineza bari bahanganye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu yagize amajwi 0,50%, mu gihe Umukandida wigenga Philippe Mpayimana we yagize amajwi 0,32%.

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC yaboneyeho gushimira Abanyarwanda bose uruhare bagize mu myiteguro, ubwitabire n’imigendekere myiza y’amatora, haba mu gihugu imbere no mu mahanga.

Yashimiye by’umwihariko Imitwe ya Politiki n’Abakandida bigenga uruhare n’uburyo bitwaye mu bikorwa by’amatora.

Iti: “Turashimira kandi abakorerabushake b’amatora n’abafatanyabikorwa bose barimo inzego z’ibanze, inzego z’umutekano, imiryango itari iya Leta, indorerezi, n’itangazamakuru ku bufatanye bagaragaje mu migendekere myiza y’aya matora.”

Related posts

CECAFA Kagame Cup 2025: APR FC yegukanye umwanya wa gatatu

N. FLAVIEN

U Burusiya bwiyemeje gufasha Ingabo za DR Congo kubona ibikoresho bigezweho.

N. FLAVIEN

Perezida Kagame yinjije ba ofisiye bashya muri RDF abasaba ko uzabazanaho intambara akwiye kubyicuza.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777