Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya

Kanyankore Gilbert Yaoundé wigeze gutoza Amavubi yahawe inkunga yo kwivuza

Umutoza w’inararibonye Kanyankore Gilbert uzwi nka Yaoundé, wahoze atoza Amavubi, yashimiwe uruhare rwe rukomeye mu guteza imbere umupira w’amaguru, anahabwa inkunga yo gukomeza kwivuza nyuma y’uburwayi amaze igihe arwaye.

Ku wa 12 Mutarama 2025, mu Burundi habaye umukino wihariye wagenewe kumushimira no kuzirikana ibigwi bye, wahuje abahoze bakinira Vital’O FC n’ikipe y’abahanzi, urangira banganyije igitego 1-1.

Amafaranga yakusanyijwe muri uyu mukino yeguriwe Kanyankore nk’ubufasha bwo gukomeza kwivuza.

Perezida wa FFB, Muyenge Alexander, yamuteye inkunga ya miliyoni 8 z’Amarundi (arenga miliyoni 4 mu mafaranga y’u Rwanda) anamuha icyemezo cy’ishimwe kubera umusanzu we mu iterambere ry’umupira w’amaguru.

Kanyankore azwi cyane muri Vital’O FC, aho yabaye umukinnyi n’umutoza, ayifasha kwegukana ibikombe bikomeye nka CECAFA Kagame Cup 2014.

Mu Rwanda, yatoje amakipe arimo Rayon Sports, APR FC, Kiyovu Sports, na AS Kigali, kandi yagize uruhare mu gutwara CECAFA Challenge Cup ari umutoza wungirije mu ikipe y’u Rwanda B.

Related posts

Perezida Zelensky yasabye Ingabo z’u Burusiya gusubira iwabo inzira zikigendwa.

N. FLAVIEN

Bategereje indege ya Perezida Tshisekedi baraheba batazi ko yanyuze mu mazi.

N. FLAVIEN

Urupapuro rw’uko wakingiwe COVID 19: Uburyo rukumbi bwo kongera gukora neza

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777