Amizero
Ahabanza Amakuru Politike Umutekano

Ingabo za MONUSCO zarasanye n’abashinzwe umutekano ku mupaka wa Kasindi hagwa benshi.

Mu gitondo cyo Cyumweru tariki 31 Nyakanga 2022, Imodoka zitwaye abasirikare ba MONUSCO zanyuze ku mupaka wa Kasindi ku gahato barasana n’abashinzwe umutekano benshi bahasiga ubuzima.

Iki gitero Cyabereye mu gace ka Kasindi muri Teritwari ya Rutshuru, ahari umupaka uhuza Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo n’Igihugu cya Uganda aho nyuma y’ifatwa rya Bunagana n’inyeshyamba za M23, Kasindi yatangiye gukoreshwa cyane.

Mu itangazo ryasohowe n’Umuyobozi wa MONUSCO akaba n’intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Bintou Keita yavuze ko imodoka zarimo abasirikare bo mu mutwe wa MONUSCO ushinzwe gutabaraa aho rukomeye (Intervention Brigade) ari zo zahinjiye.

Bintou Keita avuga ko iri raswa ryaguyemo abantu benshi, abandi bagakomereka nk’uko bigaragara mu itangazo. Madame Keita avuga ko MONUSCO “yatunguwe bikomeye n’iki gikorwa, anihanganisha imiryango y’ababuriye ubuzima muri iki gikorwa ndetse anifuriza abagikomerekeyemo gukira vuba.

Asoza iri tangazo amenyesha ko bamwe mu bagize uruhare muri iki gitero bamaze gutabwa muri yombi ku bufatanye bw’inzego z’umutekano za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo na MONUSCO, bakaba bategerejwe ko bazahabwa ubutabera n’Ibihugu bakomokamo.

Iki gikorwa kibaye mu gihe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo hamaze iminsi imyigaragambyo ikomeye yamagana ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bashinja kutagira icyo bufasha abaturage mu gihe bugarijwe n’imitwe yitwaje intwaro. Abasesengura ibintu bemeza ko iki gikorwa gishobora kuzura (kubyutsa) imyigaragambyo yasaga nk’irimo gucogora mu Ntara za Kivu zombi.

Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye muri DR Congo, MONUSCO

Related posts

Ibyo wamenya kuri drones kabuhariwe za CH-4 ziri gukoreshwa mu ntambara yo muri DR Congo.

N. FLAVIEN

Umuco w’amarushanwa muri Wisdom Schools, intandaro yo kudidibuza indimi mpuzamahanga mu ruhame badategwa[AMAFOTO].

N. FLAVIEN

Kenya: Amayobera ku bayoboke b’Itorero ry’imperuka bakomeje kwiyicisha inzara.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777