Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike

Imbamutima za EU nyuma y’uko M23 ifashe umujyi wa Masisi.

Ku wa Mbere, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje ko wamaganye ifatwa ry’umujyi wa Masisi n’inkengero zawo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo kugwa mu maboko y’inyeshyamba za M23.

M23 yemeje ku wa Gatandatu ko yigaruriye Masisi Centre, bikurikirwa n’itangazo ryasohowe na EU risaba ko izi nyeshyamba zihita zisubira inyuma kandi zigashyira mu bikorwa agahenge kose.

EU yavuze ko iyi ntambwe ibangamira cyane amahirwe yo kugera ku mahoro arambye, ishimangira ko impande zose ziri mu ntambara zigomba kubahiriza ibyemezo bya gahunda ya Luanda.

Ikindi, EU yongeye gusaba u Rwanda guhagarika ubufasha ubwo ari bwo bwose butangwa kuri M23 no kuvana ingabo mu burasirazuba bwa Congo. Nanone, yasabye Congo guhagarika ubufatanye n’umutwe wa FDLR ndetse n’indi mitwe yitwaje intwaro.

Ubu M23 igenzura bimwe mu bice bya Masisi, Rutshuru, Walikale, na Lubero, mu gihe intambara hagati yayo n’ingabo za Congo yongeye kubura mu mpera za 2021.

Related posts

Ethiopia: Minisitiri w’Intebe Abiy n’Ingabo ze bakomeje gutsindwa n’Ingabo za TPLF.

N. FLAVIEN

M23 iri ku muvuduko udasanzwe yafashe agace k’amateka ka Kamanyola.

N. FLAVIEN

Tariki ya 11 Mata 1994 ingabo za Loni zatereranye Abatutsi bari bahungiye muri ETO Kicukiro. Ibindi byaranze iyi tariki.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777