Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Politike Umutekano

Ethiopia: Inyeshyamba za TPLF zigaruriye Umujyi wa Kobo.

Abarwanyi ba TPLF baharanira ubwigenge bw’Intara ya Tigray muri Ethiopia, bafashe umujyi wa Kobo uherereye mu Ntara ya Amhara mu Majyaruguru ya Ethiopia   nyuma yo gutsimbura ingabo za Leta ya Ethiopia berekeza mu majyepfo hafi y’umupaka w’Intara ya Amhara na Tigray.

Igisirikare cya Ethiopia cyo gitangaza ko cyari cyatangiye kuva muri uwo mujyi ku bushake, mbere gato y’uko abarwanyi ba TPLF bahafata, mu rwego rwo kwirinda  ko habaho umubare munini w’Abaturage bahasiga ubuzima.

Ubu imirwano ikomereje mu misozi miremire ya Amhara  hafi y’uwo mujyi, gusa abaturage bahatuye bakemeza ko bakurikije uko ibintu byifashe ubu, ibintu bishobora guhinduka isaha iyari yo yose.

Guhera tariki 23 Kanama 2022, imirwano hagati y’Inyeshyamba za TPLF ziharanira kwigenga kw’Intara ya Trigray  n’ingabo za Leta ya Ethiopia yongeye kubura ku mupaka uherereye mu majyepfo y’iyi Ntara  nyuma y’amezi agera kuri atanu impande zombi zitanze agahenge kugirango imfashanyo z’ibiribwa zigenewe abaturage bahunze imirwano zibashe kubageraho.

Umujyi wa Kobo wibasiwe n’ibitero byawangije.

Related posts

Perezida Kagame mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Tanzania.

N. FLAVIEN

Chorale Intumwazidacogora ADEPR Ishywa mu mavuta bitegura indirimbo nshya [Video].

N. FLAVIEN

Kanseri y’inkondo y’umura n’iya prostate ziri kwiyongera mu Rwanda.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777