Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Imikino

Ese koko yaba yarapfuye na Arsenal ko atera umwaku?

Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ku mugabane w’Iburayi n’ahandi hose ku Isi rirarimbanyije ari nako amakipe menshi akomeza kongeramo abazayafasha, andi na yo atandukana n’abo adakeneye.

Mu gihugu cy’Ubwongereza, ikipe ya Newcastle yamaze kumvikana n’umuzamu Aaron Ramsdale wakiniraga ikipe ya Southampton ko agomba kuyikinira umwaka utaha w’imikino.

Nk’uko The Athletic ibitangaza, uyu musore w’imyaka 27 yemeranyijwe na Newcastle United kuyikinira mu gihe cy’umwaka nk’intizanyo ariko gishobora kongerwa hashingiwe ku musaruro azatanga. Iyi kipe yifuzaga cyane James Trafford wakiniraga ikipe Burnley, maze uyu musore ahitamo gusubira muri Manchester City yakuriyemo.

Aron Ramsdale ni umunyezamu uzanywe muri Newcastle ngo afashe iyi kipe kwitwara neza mu marushanwa y’imbere mu gihugu no ku mugabane w’Uburayi. Gusa n’ubwo uyu musore yinjiye muri iyi ikipe, abafana bamwe ntibishimiye iza rye kuko hari n’abadatinya kumwita umuteramwaku. Igituma bamwe bashora kumwita batyo bashingira ku rugendo kuva yatangira guconga ruhago ahagaze mu biti by’izamu.

Aaron Ramsdale watandukana na Arsenal akerekeza muri Southampton, ntiyabashije kugira kinini cyane ayifasha kuko byarangiye imanutse mu Kiciro cya kabiri (EFL Championshi). Akiyimanura mu cyiciro cya kabiri yahise iba ikipe ya kane imanutse iri kumwe na we. Uretse Southampton kandi yari kumwe na Chesterfield 2018 mu kiciro cya kane ayimanura mu kiciro cya gatanu.Sheffield United na yo n’indi yamanuye mu 2021 ijya mu kiciro cya kabiri ayikuye mu cya mbere, mbere yaho gato 2020 kandi yari yamanuye ikipe Afc Bournemouth na yo ijya mu kiciro cya kabiri.

Aha rero niho bamwe mu bakunzi ba Newcastle bahera batishimira igurwa rye, bafite ubwoba ko igisa n’inyatsi uyu muzamu afite mu kumanukana n’amakipe na bo cyabageraho.

Related posts

Uganda: Umugabo yarwanye n’intare arayica, bamwe bati ni ‘Dawidi’ abandi bati ni ‘Samusoni’ [AMAFOTO].

N. FLAVIEN

Gicumbi: Yamusanze asambanya umugore we amukubita umuhini aramwica.

N. FLAVIEN

Iryavuzwe riratashye; General Muhoozi Kainerugaba mwene Museveni yageze i Kigali.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777