Banki y’Isi ibinyujije muri raporo ngarukamwaka yayo ku buryo ibihugu byorohereza ishoramari yashyize u Rwanda ku mwanya wa gatatu ku Isi mu bihugu byorohereje abashoramari...
Abacuruzi 150 biganjemo abazunguzayi bahoze bacururiza ku muhanda mu Karere ka Karongi bahawe ibibanza mu isoko rigezweho ryubatswe mu murenge wa Rubengera. Mu ntangiriro z’Ukuboza...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Ukuboza 2025, Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda Prudence Sebahizi yifatanyije y’abayobozi mu nzego zitandukanye mu muhango wo gufungura...
Leta y’u Rwanda igeze kure umushinga wo kubaka ishuri ry’icyitegererezo mu by’indege aho kuri ubu yatangiye gushaka inzobere zizifashishwa mu gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’uyu...