Ababyeyi mu Bushinwa bagiye kujya bahabwa guhera ku 3,600 Yuan (ni 500$ cyangwa arenga 700,000Frw) ku mwaka kuri buri mwana uri munsi y’imyaka itatu mu...
Real Madrid iracyifuza gukomeza ubwugarizi nyuma y’uko imaze gusinyisha abakinnyi batatu kugeza aho isoko ryo muri iyi mpeshyi rigeze. Umutoza Xabi Alonso nyuma yo kugera...
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame yemeje ikiruhuko ku basirikare 1081 barimo 9 bo mu cyiciro cy’Abajenerali; barimo babiri bafite...
Amakipe menshi hano mu Rwanda akomeje kwitegura umwaka w’imikino wa 2025-2026 ari nako ashaka imikino ya gicuti yaba iyo mu gihugu ndetse n’ibahuza n’amakipe yo...
Mu buhamya bwe, umusaza Kabano Silas utuye mu karere ka Nyabihu, Intara y’Iburengerazuba, wavutse ahagana mu mwaka wa 1943; ubu akaba afite imyaka 82 yahishuye...
Mu burasirazuba bwa DR Congo hakomeje kubera intambara hagati ya AFC/M23 irwanira uburenganzira bwabo by’umwihariko abavuga ururimi rw’ikinyarwanda na Leta ya DR Congo. Ubwicanyi bukomeza...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yashyizeho abagize Guverinoma nshya nyuma yo gushyiraho Minisitiri w’Intebe mushya, aho benshi mu bari bayisanzwemo bayigarutsemo. Abagize Guverinoma...