Amizero
Ahabanza Amakuru Imikino

APR FC yandagarije Musanze FC iwayo yisubiza umwanya w’icyubahiro.

Mu mukino wari wavuzweho byinshi, abafana ba Rayon Sports bagashyigikira Musanze FC, Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC yerekanye ko ari Inzirakurushwa maze inyagira Musanze FC 3-0.

Iyi Kipe yo mu Majyaruguru yari yizeye ko wenda yaza kugira icyo ibona, dore ko hashize iminsi micye izanye umutoza mushya wo mu Barabu ariko nawe akaba akomeje kubura umusaruro dore ko kuva yayigeramo ataratsinda umukino n’umwe.

Iyi Musanze FC yatsinzwe na APR FC ibitego 3-0 iravugwamo ibibazo uruhuri birimo kutumvikana hagati ya bamwe mu bakinnyi ndetse yemwe no hagati y’abakinnyi na bamwe mu bayobozi, ibikomeje gutuma ititwara neza n’ubwo yazanye umwarabu ngo ayitoze.

Uko indi mikino y’umunsi wa 21 wa Shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu bagabo yagenze:

Police FC 2-1 Sunrise FC
Mukura vs 2-1 Gasogi United
Musanze FC 0-3 APR FC
Marines FC 4-0 Espoir FC

Amakipe ane ya mbere ku rutonde rw’agateganyo kugeza ubu:

1. APR FC 43Pts
2. Rayon Sports 42pts
3. Kiyovu SC 41 pts
4. AS Kigali 38 Pts

Urutonde rw’amakipe yose uko akurikirana nyuma y’umunsi wa 21.

 

Umukinnyi wa APR FC ikomeje kuyobora urutonde rwa Shampiyona ava mu modoka itwara abakinnyi.

 

Related posts

Rutshuru: Lt Gen Ndima uyobora Kivu ya Ruguru yariye iminwa ubwo yari abajijwe kuri M23.

N. FLAVIEN

“Buri wese muri Hamas ni umupfu kandi tugomba guhanagura iki kintu ku Isi”: Netanyahu.

N. FLAVIEN

Ibibazo biri hagati y’u Rwanda n’u Burundi mu nzira zo gukemuka vuba.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777