Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike Umutekano

Israel na Iran bishobora guteza akaga k’ikoreshwa ry’intwaro kirimbuzi.

Benshi mu bakurikiranira hafi ibiri kuba hagati ya Israel na Iran bakomeje kwibaza igishobora gukurikira igitero cyo mu rukerera rwo ku wa 13 Kamena uyu mwaka, bagatinya ko buri ruhande rushobora kwiyambaza intwaro kirimbuzi n’ubwo zitemewe gukoreshwa mu ntambara gusa zikaba zakoreshwa ari amahitamo ya nyuma.

Bivugwa ko muri iki gitero, Israel yakoresheje indege 200 kabuhariwe z’intambara zo mu bwoko bwa F-35 n’ izindi 100 zitagira abapirote zizwi nka Drones zibasiye ibikorwa bya gisirikare ndetse n’ibifite aho bihuriye n’ikorwa ry’intwaro kirimbuzi, bikaba byaranahitanye benshi mu bayobozi bakuru mu gisirikare.

Nyuma y’ amasaha make ibi bibaye, Iran nayo yakoze yerekanye ko atari agafu k’imvugwa rimwe, yohereza indege nyinshi z’intambara zitagira abaporote (Drones) na misile mu mijyi ya Teravive ndetse na Yerusaremu, henshi hatuwe n’abasivile hahinduka umuyonga kuko ubwirinzi bw’ikirere bwa Israel n’inshuti zayo butabashije kuburizamo misile kabuhariwe za Iran.

Iri rasana ryakomeje no mu masaha yakurikiyeho, rikomeje gutera impungenge abatuye Isi by’umwihariko abatuye Uburasirazuba bwo hagati ariko by’umwihariko inshuti za buri ruhande mu bahanganye kuko buri wese yibazako inshuti ye yaraswaho ibisasu kirimbuzi bigira ingaruka mbi cyane mu gihe cya vuba no mu gihe kirekire.

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zavuze ko igihe cyose Iran yatera Israeli yiteguye kuyifasha maze igatsinda umwanzi. Ku rundi ruhande, Ibihugu bitajya imbizi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nabyo byarahiye ko biri inyuma ya Irani mu gihe cyose yagabwaho ibitero na USA.

Kim Jong Un uyobora Korea ya ruguru yatangaje ko Israel n’inshuti zayo bagomba guhabwa isomo ku buryo badashobora kuzongera gutekereza kugirira nabi ubwoko bw’Imana ishobora byose. Ibi bije mu gihe hakomeje gusenywa ibikorwa byose bya Iran bifitanye isano n’intwaro kirimbuzi aho bishoboka ko buri ruhande rwakoresha imbaraga z’umurengera mu rwego rwo kugaragaza ubushobozi.

Yanditswe na Lucky Desire/WWW.AMIZERO.RW

Related posts

M23 yateye Leta gufunga ingendo mu kiyaga cya Kivu, Goma irushaho kujya mu kaga.

N. FLAVIEN

RD Congo na Kenya byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare.

N. FLAVIEN

M23 irasatira Umujyi wa Goma, bamwe batangiye guhunga berekeza iya Sake.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777