Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike Umutekano

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Misiri yagiriye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda.

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Misiri, Lieutenant General Ahmed Fathi Ibrahim Khalifa, yagiriye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda rugamije kwagura ubufatanye mu bya gisirikare hagati y’icyo gihugu cya mbere muri Afurika n’u Rwanda.

Uru ruzinduko rw’iminsi itatu Lieutenant General Ahmed yarutangiriye kuri Minisiteri y’Ingabo y’u Rwanda (MINADEF) kuri iki cyumweru tariki 01 Kamena 2025, aho yakiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, General Mubarakh Muganga.

Ku rukuta rwa X rwa MINADEF banditseho ko urwo ruzinduko rugamije gukomeza ubufatanye busanzwe hagati y’Igisirikare cy’u Rwanda n’icya Misiri by’umwihariko mu gukora imyitozo ya gisirikare, ibijyanye n’ubuzima n’ibindi bitandukanye.

Ibiganiro by’abo bagaba bakuru b’ingabo z’Ibihugu byombi byibanze ku kwagura ibikorwa bya gisirikare bihuriweho n’ingabo z’u Rwanda n’iza Misiri, kwagura imikoranire no kureba iyindi mishya impande zombi zishobora gutangiza.

Ibyo bikorwa byose bishingiye ku masezerano y’ubufanye mu bya gisirikare abagaba bakuru b’ingabo z’u Rwanda na Misiri basinyanye agamije gufasha impande zombi gukorana mu buryo burambye.

 

Related posts

Musanze: SACOLA yafashije abaturage kubona amacumbi ajyanye n’igihe.

N. FLAVIEN

Musanze: Yasanzwe mu nzu yapfuye biravugwa ko yazize COVID-19

N. FLAVIEN

Ibyo wamenya kuri Kanseri ya Prostate imwe mu zizengereza abagabo.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777