Amizero
Ahabanza Amakuru Ubuzima

Wa musore wiyahuriye kuri La bonne addresse ntahite apfa, yaguye muri CHUK !!

Kuri uyu wa kane tariki ya 16 Nzeri 2021, Umusore witwa Mutabazi Eric yiyahuriye kuri La bonne addresse ho mu Mujyi wa Kigali ntiyapfira aho, ubwo yari ari kwitabwaho mu bitaro bya Kigali CHUK, akaba yashizemo umwuka.

Mutabazi Eric w’imyaka 28 byatangajwe ko ariwe wiyahuriye ku nyubako ya La bonne adresse ho mu mujyi wa Kigali yashizemo umwuka.

Mu nkuru twabagejejeho kuri uyu wa kane tariki ya 16 Nzeri 2021, twabatangarije ko ubwo uyu musore yageragezaga kwiyahura, yahanutse kuri iyi nzu ndende yaje kugwira imwe mu modoka zari ziparitse avunika akaboko n’amaguru, Ubwo inzego z’umutekano zari zitabaye uyu musore bahise bamujyana kwa muganga.

Nyuma y’amasaha make agejejwe mu bitaro bya CHUK, uyu musore byakekwaga ko yarimo avira imbere yaje gushiramo umwuka.

Aganira n’ikinyamakuru Umuseke.rw, umunyambanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Nyarugenge, Murekatete Patricia yagize ati: “Uwagerageje kwiyahuriye mu nyubako ya La Bonne Adresse nk’uko twari twabibamenyesheje, amaze gushiramo umwuka aguye ku Bitaro bya CHUK.”

Hashize iminsi havugwa inkuru zitandukanye z’abantu biyahura basimbutse amazu mareremare, cyane cyane ahazwi nko ku Nkundamahoro i Nyabugogo ho mu mugi wa Kigali.

Related posts

Uburusiya bwigaruriye umujyi munini muri Ukraine

N. FLAVIEN

Goma-Rubavu: Impunzi nyinshi ziturutse i Goma zikomeje guhungira mu Rwanda [AMAFOTO]

N. FLAVIEN

Abahitanywe n’ibiza biherutse kwibasira u Rwanda bamaze kuba135.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777