Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Politike Umutekano

Taiwan yahanuye indege ya gisirikare y’u Bushinwa.

Kimwe mu binyamakuru byo muri Aziya cyanditse ko ubwo indege 30 z’u Bushinwa zinjiraga mu kirere cya Taiwan, igisirikare cy’iki Gihugu cyahanuye mo zimwe.

The Jerusalem Post yanditse ko amakuru ifite avuga ko guhanura iriya ndege byakozwe mu rwego rwo guha gasopo abapiloti b’u Bushinwa ngo badakomeza kuvogereza indege zabo ikirere cya Taiwan.

Ni amakuru The Post y’i Yeruzalemu ivuga ko yatangarijwe mu itangazo rya Minisiteri y’ingabo ya Taiwan.

Icyakora uruhande rw’u Bushinwa ntacyo buratangaza kuri ayo makuru.

Ubu ku nkengero za Taiwan hari ingabo nyinshi z’u Bushinwa ndetse hari n’indege z’intambara zigera mu 100 ziri hafi aho.

Muri zo hari izambutse umurongo ugabanya ikirere cya Taiwan n’icy’u Bushinwa, ingabo za Taiwan zirazirasa hagira izihanuka.

Aya makuru ashobora kuza kuba imbarutso y’intambara yeruye hagati y’u Bushinwa na Taiwan, ibintu bishobora no gukururiramo Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Related posts

DR Congo yemeye ko yatakaje Bunagana, ivuga ko atari M23 yayifashe.

N. FLAVIEN

Goma: Leta yananiwe gukumira abigaragambya batwitse bakanasahura ibiro bya MONUSCO.

N. FLAVIEN

AFC/M23 na Leta ya DR Congo basinye imbanzirizamushinga y’ibiganiro by’amahoro.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777