Featured Ubuzima butangaje bwa Ngirente Séraphine ufatira urugero kuri Minisitri w’Intebe bitiranwa.
Ngirente Séraphine w’imyaka 19 Ukomoka mu Karere ka Burera, avuga ko nyuma yo kubyarira mu rugo yatekereje ko ubuzima bwe bw’ishuri burangiye kuko nta byiringiro...