U Rwanda rwateye utwatsi ubusabe bwo kurekura Paul Rusesabagina.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yavuze ko Paul Rusesabagina yakatiwe kandi agomba gufungwa, hatitawe ku gitutu cy’amahanga akomeza gusaba ko arekurwa nk’umwere. Kuri uyu...