Perezida Tshisekedi yashimangiye ko n’ubwo ashaka ko Itegeko Nshinga rihinduka adashaka manda ya gatatu.
Ubwo yari mu ruzinduko rw’akazi mu mujyi wa Lubumbashi, Intara ya Haut Katanga kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Ugushyingo 2024, Perezida wa Repubulika Iharanira...