Afurika y’Epfo irakubita agatoki ku kandi ko ishaka kugaruka kurasa M23 yayitsinze izuba riva.
Igisirikare cya Afrika y’Epfo cyatangaje ko cyiteguye kongera gusubira muri Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23 uherutse kwandagaza ingabo zari mu butumwa...