Featured Perezida Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda kwihisha muri M23 rugatera Igihugu cye.
Mu nama idasanzwe ya 11 ihuza Abakuru b’Ibihugu n’abahagarariye Leta, yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro, umutekano n’ubutwererane kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...