Featured Perezida Kagame yashimye General Muhoozi ku bikorwa bikomeye yakoze.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yashimye bikomeye General Muhoozi Kaineruga wizihizaga isabukuru y’imyaka 49 y’amavuko, aho Perezida Kagame yongeye kugaruka ku bikorwa by’ubudashyikirwa...