Pavelh Ndzila uheruka gutandukana na APR FC mu muryango winjira muri Rayon Sports.
Umuzamu w’Umunye-Congo Brazzaville uheruka gutandukana na APR FC ashobora kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sports itaranyuzwe na Idrisa Kouyate wayisinyiye muri iyi mpeshyi na Ndikuriyo...