Icyo Umuryango w’Abibumbye uvuga ku mahame yasinywe hagati ya DR Congo na M23.
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, yatangaje ko yishimiye intambwe yatewe hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo na AFC/M23 bashyira umukono ku mahame aganisha...