Featured Muyaya yigambye ko DR Congo ishaka gusa igisubizo cya gisirikare kuri M23.
Patrick Muyaya uvugira Leta ya DR Congo yatangaje ko batangiye “urugendo rwo gukemura burundu” ibibazo “bikabije” by’umutekano mucye mu burasirazuba bw’Igihugu bimaze imyaka hagati ya...