Amakuru ava mu burasirazuba bwa Repubulikia Iharanira Demokarasi ya Congo yemeza ko igisasu cy’imbunda ya rutura ya ‘mortier’ cyishe abasirikare batatu bo mu butumwa bw’ingabo...
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 06 Mata 2024, ibisasu biremereye byarashwe n’ingabo za Leta ya DR Congo FARDC n’abazifasha, aho bageragezaga...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatanze ubutumwa buvuga ko bamaganye ibikorwa bihutaza ikiremwamuntu bikomeje kugaragara mu ntambara ihuje umutwe wa M23 n’ingabo za Leta, FARDC....