Featured Leta yagennye amafaranga ntarengwa y’ishuri mu bigo byayo n’iby’abafitanye amasezerano na yo.
Guverinoma y’u Rwanda yanzuye ko guhera uyu mwaka w’amashuri 2022-2023, amafaranga y’umusanzu ababyeyi bishyurira abana, azaba angana mu bigo by’amashuri byose bya Leta n’ibifatanya na...