Perezida wa Uganda yategetse ko buri kigo cy’amashuri kigira ikibuga cy’umupira w’amaguru
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse ko buri kigo cy’amashuri kigomba kugira ikibuga cy’umupira w’amaguru kugira ngo gihabwe ibyangombwa bicyemerera gukomeza gahunda zacyo z’uburezi...