Amasaha arabarirwa ku ntoki ngo abanya Centrafrique bitorere abayobozi
Kuri iki Cyumweru tariki 28 Ukuboza 2025, abaturage ba Centrafrique barazindukira mu matora arimo ay’Umukuru w’Igihugu, abadepite, abayobozi b’Intara n’abajyanama b’amakomine. Umukandida uhabwa amahirwe ku...

