Featured Karidinari Kambanda yahawe Bazilika yitiriwe Mutagatifu Sixte i Roma ngo ayiyobore.
Antoine Cardinal Kambanda usanzwe ari Arikiyepiskopi wa Kigali, yahawe ku mugaragaro ubuyobozi bwa Bazilika yitiriwe Mutagatifu Sixte y’i Roma, yashinzwe ubwo yatorerwaga kuba Karidinali. Ubusanzwe...