Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atazitabira inama y’Ibihugu bikomeye ku Isi biri mu ihuriro rya G20, iteganyijwe kubera i...
U Rwanda rwafashije Afurika y’Epfo gucyura imirambo y’abasirikare bayo bagera kuri 14 baguye ku rugamba mu burasirazuba bwa DR Congo mu rugamba barwanamo bafasha ingabo...
Ishyaka ritavuga rumwe na Leta ryo muri Afurika y’Epfo rizwi ku izina rya Democratic Alliance ryashyikirije ikirego ubutabera risaba ko Jacob Zuma wahoze ayobora Afurika...