Perezida Kagame yibukije amahanga ko nta kibi gishobora kuba ku banyarwanda kirengeje ubukana ibyo banyuzemo.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko nta kibi gishobora kuba ku Banyarwanda ubu kiruta icyigeze kubabaho ari na yo mpamvu badakwiye kugira...