Amizero
Ahabanza Amakuru Ubuzima Umutekano

Rubavu: Umugabo uheruka kwica mushiki we akanamuhamba na we yishwe arashwe.

Umugabo wo mu Murenge wa Nyamyumba, Akarere ka Rubavu wari ukurikiranyweho kwica mushiki we babanaga, akanamuhamba ngo asibanganye ibimenyetso, nawe yarashwe ahita apfa ubwo yageragezaga gutoroka inzego z’umutekano zari mu iperereza.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 07 Mutarama 2023, nibwo uyu mugabo yarashwe n’inzego z’umutekano, ubwo zari zimujyanye ahabereye iki cyaha kugira ngo zikore iperereza.

Uyu mugabo wari ujyanywe n’inzego ngo azereke igikoresho yakoresheje muri ubu bwicanyi yakoze, yageze mu nzira ashaka kwiruka aho gukora icyari kimujyanye, ahita araswa agwa aho.

Ubwicanyi yari akurikiranyweho bwabaye muri iki Cyumweru, butahurwa ku wa Gatatu tariki 04 Mutarama 2023 ubwo habonekaga umurambo wa mushiki we yari yishe agahita amuhamba mu rugo babanagamo mu rwego rwo gusibanganya ibimenyetso.

Agace uyu wari ukurikiranyweho kwica mushiki we yarasiwemo.

Related posts

DRC: Abayobozi b’amadini bahawe inshigano zo gutora umuyobozi wa Komisiyo y’Amatora bananiwe kumvikana

N. FLAVIEN

Etiyopiya: Ibyo ukwiye kumenya ku matora ateganijwe kuri uyu wa Mbere

N. FLAVIEN

Japan: Iki gihugu kigiye kurekurira mu nyanja amazi mabi abitswe mu ruganda rw’ingufu kirimbuzi rwa Fukushima.

N. FLAVIEN

1 comment

Niyishoborabyose January 8, 2023 at 5:46 PM

Amagambo aboneka mugitabo cyo KUVA 24:20
KUNA IGUFWA GUHORERWE UKUNDI,IJISHO RIHORERWE IRINDI,IRYINYO RIHORERWE IRINDI.
UKO YATEYE UNDI MUNTU INENGE ABE ARI KO YITURWA.

Reply

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777