Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike

Perezida Paul Kagame yageze i Doha muri Qatar 

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze i Doha muri Qatar, aho azitabira Inama Mpuzamahanga yiga ku iterambere (World Summit for Social Development).

Perezida Kagame yageze i Doha kuri uyu wa Mbere tariki 03 Ugushyingo 2025. Ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Hamad yakiriwe n’Umuyobozi w’ishami rishinzwe protocole muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar, Yousif Fakhro, na Ambasaderi w’u Rwanda muri Qatar, Igor Marara Kayinamura.

Inama Perezida Paul Kagame yitabiriye iteganyijwe kuva kuri uyu wa Kabiri tariki 04 kugeza ku wa Kane tariki 06 Ugushyingo 2025.

Umwanzuro w’uko iyi nama izabera i Doha wafatiwe mu Nteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye. Intego yayo ikaba ukugabanya ibyuho biri mu iyubahirizwa ry’amasezerano ya Copenhagen ku bijyanye n’iterambere ry’imibereho myiza y’abaturage.

Mu Isi ihanganye n’izamuka ry’ubusumbane, impinduka zishingiye ku mibereho y’abaturage, iterambere ryihuse ry’ikoranabuhanga n’ihindagurika ry’ikirere, ikazaba urubuga rukomeye rwo kuganiriramo Ibibazo byugarije abatuye Isi, no gutahiriza umugozi umwe mu kubikemura.

Biteganyijwe ko iyi nama mpuzamahanga izitabirwa n’abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma baturutse hirya no hino. (Igihe)

Related posts

Abatuye Rubavu basabwe kuba maso kubera umugambi mubisha wa FDLR.

N. FLAVIEN

RD Congo: Menya impamvu muri Kivu y’Amajyaruguru banze kwibaruza mu bazitabira amatora.

N. FLAVIEN

Amerika yakanze Iran yohereza ubwato rutura bw’intambara mu burasirazuba bwo hagati.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777