Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Uburezi Ubuzima

Muhanga: Umunyeshuri w’imyaka 18 yabyariye mu bwiherero bwa Gare.

Umunyeshuri wiga mu Ishuri ry’Imyuga MTC TSS  yafatiwe n’ibise mu kigo bategeramo imodoka (Gare ya Muhanga) biba ngombwa ko yinjira mu bwiherero kuko nta yandi mahitamo yari afite, ahita ahabyarira.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamabuye, Nshimiyimana Jean Claude avuga ko uyu munyeshuri yasabye ubuyobozi bw’Ishuri yigamo uruhushya rwo kujya kurwarira mu rugo bararumuha, ageze muri Gare ya Muhanga ajya mu bwiherero ahita abyara.

Nshimiyimana avuga ko ubuyobozi bw’ishuri bwavuze ko nta makuru bwari bufite ko uyu munyeshuri yaba yari atwite. Ati “Twahageze turi kumwe n’inzego z’umutekano ndetse n’ubugenzacyaha dusanga amaze kubyara kandi we n’umwana ni bazima”.

Uyu munyamabanga nshingwabikorwa yavuze ko bazanye imodoka bakajyana uyu mubyeyi n’umwana yibarutse ku bitaro bya Kabgayi kugira ngo abaganga babiteho byihariye kuko aribo babifite mu nshingano.

Uyu munyeshuri wabyaye afite imyaka 18 y’amavuko akaba akomoka mu Murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi. (Umuseke)

Related posts

DR Congo: Imitwe yitwaje intwaro ikomeje kwica abaharanira uburenganzira bwa muntu.

N. FLAVIEN

Tour de France: Kuss Sepp yegukanye agace ka 15 (Video)

N. FLAVIEN

Imvura nyinshi yatumye umukino wahuzaga APR FC na Mukura VS usubikwa [AMAFOTO]

N. FLAVIEN

3 comments

Damour February 18, 2024 at 5:37 AM

Ibi bintu birimo urujijo ,ubwo iryo shuri gigaho koko wampara amezi icyenda ntakienetso a kiwe urabona nk’umurez!!!!!!!!!!

Reply
Jacqueline February 18, 2024 at 8:43 AM

Uyu mwana arambabaje cyane !! Yahisemo ubwiherero kuko ntiwaba uziko ntawe uri bukubwire ngo komera ngo nurangiza utake! Waba utakira nde? Kdi uba upfa pe! Bariya bana rero nta yandi mahitamo baba bafite ! Uyu byamusigiye igikomere atazigera yibagirwa mu buzima, ntabwo ariwe wari wishimiye kubyarira mu ruhame ngo isoko ryose nduzi ari isoko rimushungere.

Reply
Patrick February 18, 2024 at 8:45 AM

Imana igira kwihangana pe !! Kuki ibintu nk’ibi bibaho ikabyemera ? Amezi 9 atwite ntihagire ubimenya, kuribwa n’inda ntihagire umuhoza, kubyarira mu musarane kandi maternités zuzuye hafi aho !!! Uyu mwana yitabweho we n’uwo yibarutse

Reply

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777