Amizero
Ahabanza Amakuru Iyobokamana Ubuzima

Kiliziya Gatolika mu Rwanda ibuze abapadiri babiri mu cyumweru kimwe.

Nyuma ya Padiri Sebahire Emmanuel witabye Imana ku wa Gatatu w’iki Cyumweru tariki 26 Ukwakira 2022 akaba ari bushyingurwe kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Ukwakira 2022, indi nkuru nshamugogo ni uko Padiri Sindarihora Antoine Mucyo nawe yitabye Umuremyi.

Padiri Sindarihora Antoine bakunze kwita Mucyo ni uwo muri Diyosezi ya Cyangugu, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Ukwakira 2022 akaba yazize uburwayi.

Amakuru atugeraho yemezako Padiri Antoine yari arwariye mu bitaro bya Gihundwe biherereye mu Karere ka Rusizi, Intara y’Iburengerazuba aho yakurikiranwaga n’abaganga ngo barebe ko basigasira amagara ye, bikaba byarangiye Umuremyi yisubije ibye. Nyagasani amwiyereke iteka aruhukire mu mahoro.

Padiri Sebahire Emmanuel yari amaze imyaka 11 ahawe isakaramentu ry’ubusaseridoti, yari padiri mukuru wa Paruwasi Shyorongi muri Arikidiyosezi ya Kigali, yari ashinzwe kandi roho z’abarejiyo mu Rwanda, nawe akaba yarazize uburwayi bw’umutima aho yavurirwaga.

Padiri Sindarihora Antoine Mucyo yitabye Umuremyi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu.
Padiri Sebahire wo muri Arikidiyosezi ya Kigali arashyingurwa kuri uyu wa Gatandatu.

 

Related posts

Ikipe y’Igihugu ya Nigeria yitegura gukina n’Amavubi yahamagaye abakinnyi izifashisha.

KALISA

“N’ubwo amabwiriza agenga ifungurwa ry’utubari yasohotse, mwitwararike amabwiriza yose” CP KABERA.

N. FLAVIEN

Corneille Naanga yatangaje ahazaza h’igisirikare cya M23.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777