Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike

Gen Muhoozi yongeye gushimangira ko akunda u Rwanda n’Abanyarwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainerugaba akaba n’umuhungu w’imfura wa Perezida Museveni, yongeye gushimangira ko mu minsi mike iri imbere azagirira uruzinduko i Kigali, ndetse avuga ko akunda u Rwanda n’Abanyarwanda.

Mu ntangiriro z’iki cyumweru dusoza nibwo Gen Muhoozi Kainerugaba yatangiye gutangaza ko ateganya kugirira uruzinduko mu Rwanda, ndetse akazabonana na Perezida Paul Kagame akunze kwita se wabo.

Yongeye kubishimangira mu rukerera rwo kuri nuyu wa Gatandatu tariki 14 Gashyantare 2026. Mu butumwa yashyize kuri X buri mu rurimi rw’Ikinyarwanda, yagize ati: “Nkunda u Rwanda n’Abanyarwanda cyane pe. Vuba aha nzaza gusura Uncle wanjye Afande Paul.”

Mu bihe bitandukanye, Gen Muhoozi yagiye agaragaza ko u Rwanda na Uganda ari ibihugu byinshuti bitewe n’amateka akomeye bifitanye. Yagaragaje kandi ko afata Perezida Kagame nk’icyitegererezo.

Related posts

Turinayo Samson umenyerewe muri Chorale Ubumwe yatangiye kuririmba ku giti cye [VIDEO].

N. FLAVIEN

Byemejwe ko icyicaro cya Afurika cy’Umuryango Mpuzamahanga mu by’inkingo kiba mu Rwanda.

N. FLAVIEN

Perezida Museveni yazamuye Muhoozi Kainerugaba ku ipeti rya Général.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777