Amizero
Ubutabera

DRC: Lt Gen Masunzu, mu basirikare bakomeye ba FARDC bafunzwe

Lt Gen Pacifique Masunzu, wari waragizwe Umuyobozi w’Akarere ka gatatu ka gisirikare kagizwe n’intara za Kivu y’Amajyaruguru, Kivu y’Amajyepfo na Ituri, ari mu basirikare ba FARDC bafunzwe bakekwaho ibyaha bijyanye n’imyitwarire idahwitse mu kazi.

Aya makuru yemejwe na Maj Gen Sylvain Ekenge mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye ku cyicaro cya FARDC i Kinshasa, cyanitabiriwe n’Umuyobozi Mukuru wa Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (CNIDH).

Maj Gen Ekenge yahamije ko Gen Masunzu afunze, ndetse ko hari n’abandi basirikare bakuru benshi bafunzwe. Ni nyuma y’inkuru zacicikanye mu minsi yashize zivuga ko hari abasirikare bishwe, barimo na Masunzu ibyo FARDC yahakanye.

Nta mubare watangajwe w’abasirikare bafunzwe cyangwa ibyaha bakurikiranyweho, ariko Gen Ekenge yavuze ko iperereza rikomeje kandi ko amategeko atemera gutangaza ibyihariye ku rukiko rutaraburanisha.

Lt Gen Masunzu, umwe mu basirikare bakomeye bakomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge, azwiho kugira amabanga y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), ku buryo ifatwa rye rikomeje gukurikiranwa cyane.

Lt Gen Masunzu ari mu basirikare benshi ba FARDC bafungiwe ibyaha byo mu kazi

Related posts

Perezida Ruto yasabye ko abacuruza ibiyobyabwenge bajya bahabwa igihano cy’urupfu

NDAYISHIMIYE Libos

Musanze: Arakekwaho kubyara umwana agahita amuniga abifashijwemo n’uwo babanaga.

N. FLAVIEN

Baravumira ku gahera ubutabera kubera igihano gito bwahaye uwafashe ku ngufu umwana w’imyaka 7 akanamwica.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777