Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Iteganyagihe Ubuzima

DR Congo: Imyuzure yasize iheruheru imiryango 780 mu Mujyi wa Uvira.

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Uvira uri muri Kivu y’Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko abagize imiryango irenga 780 badafite aho baba nyuma y’imyuzure yasenye inzu babagamo.

Inzego z’ubuyobozi mu Mujyi wa Uvira kandi zavuze ko iyi myuzure yahitanye abantu batatu isenya inzu zirenga 600 izindi zirenga 180 zirengerwa n’amazi n’ibyondo ku buryo nazo nta cyizere ko zizongera gukoreshwa.

Inzu za bamwe mu baturage bo mu duce twa Nyamianda, Kilibula na Kandindula zasenywe n’imyuzure y’uruzi rwa Kalimabenge ku buryo byatumye hari abakambitse mu nzu z’abaturanyi no mu nsengero.

Kuva Umujyi wa Uvira wibasiye n’imyuzure mu bihe bitandukanye, bamwe mu baturage bavuga ko nta bayobozi ba leta barabagera kugirango barebe uburyo ibibazo bafite byakemurwa.

Gusa mu rwego rwo kwirinda ko iyi myuzure yatewe n’uruzi rwa Kalimabenge yongera kugira ibindi yangiza, abaturage bagerageje kugomera amazi abandi buzuza umucanga mu mifuka bashyira ku miryango kugira ngo amazi atinjira mu nzu

Hagati aho, usibye mu mujyi wa Uvira havugwa imyuzure no muri Teritware ya Fizi, no kuri Kiliba ho mu kibaya cya Rusizi haravugwa imyuzure nk’uko tubikesha Ijwi rya Amerika.

Mu rwego rwo kugabanya ibyago by’ibi biza, ubuyobozi bushinzwe ibidukikije muri uyu mujyi busaba abaturage kwirinda kubaka hafi ya Tanganyika ndetse no ku migezi ya Mulongwe na Kalimabenge.

Imyuzure yasize iheruheru abaturage ba Uvila muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Related posts

Perezida Raisi wa Iran yapfanye na benshi barimo Minisitiri w’ububanyi n’amahanga.

N. FLAVIEN

Nyagatare-Katabagemu: Umugabo yitwikiye mu nzu akoresheje lisansi arashya arakongoka n’ibye byose.

N. FLAVIEN

Abadepite b’Umuryango RPF bari mu Nteko Ishinga Amategeko barasabwa gukora neza ku nyungu z’abaturage babatoye.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777