Ikipe ya APR FC imaze igihe ishakisha itike yo kwerekeza mu mikino y’amatsinda nyafurika (CAF Champions League) bidakunda, n’ubu yamaze kumenya uwo bazahura mu ijonjora...
Muri iki gihe Isi ikataje mu iterambere, usanga benshi bakomeje kugarizwa n’indwara ya depression cyangwa se agahinda gakabije aho bamwe batamenya ko barwaye bakabyitiranya n’ibindi...
FC Barcelona yamaze gutangaza ko Marc-André ter Stegen atakiri captain wayo, nyuma y’ibibazo bimaze iminsi hagati ye n’ikipe. Uyu mwazuro uje nyuma yuko yanze gutanga...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 07 Kanama 2025, umugabo witwa Sinamenye Théoneste w’imyaka 38 y’amavuko, yafatanwe ibiro bitatu by’urumogi yari yiziritseho ku...
Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki ngo mu mujyi w’ubukerarugendo wa Musanze habere imurikagurisha (MINI-EXPO), abaturage baratangaza ko babona iminsi iri gutinda kugirango bagaragarize...
Mu Isi y’umupira w’amaguru nk’indi mikino yose, usanga hari amategeko ayigenga. Iyo humvikanye itegeko mu gice icyo ari cyose cy’ubuzima bihita byumvikana ko rigomba guhana...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki 05 Kanama 2025, Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Ndayishimiye Evariste yakoze impinduka muri Guverinoma, ashyiraho abaminisitiri 13,...