Perezida Kagame yashyizeho abagize Guverinoma nshya.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yashyizeho abagize Guverinoma nshya nyuma yo gushyiraho Minisitiri w’Intebe mushya, aho benshi mu bari bayisanzwemo bayigarutsemo. Abagize Guverinoma...