Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Ibidukikije Iteganyagihe

Amazi menshi yatumye Nyabarongo yuzura ifunga umuhanda Muhanga-Ngororero.

Amazi menshi ava mu rugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo ya mbere, bayarekuye afunga umuhanda mugari uhuza Amajyepfo n’Intara y’Iburengerazuba.

Aho ayo mazi yafunze ni muri metero 800 uvuye ku kiraro cya Nyabarongo ahitwa ku Cyome ugana mu Isanteri ya Gatumba ho mu Karere ka Ngororero.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero buvuga ko kurekura amazi y’Urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo ya 1 ari gahunda ihoraho mu bihe by’imvura nyinshi y’itumba.

Meya w’Akarere ka Ngororero, Nkusi Christophe yabwiye Umuseke dukesha iyi nkuru ko buri gihe iyo amazi y’urugomero yabaye menshi babamenyesha kugira ngo adateza impanuka abagenzi bakaba barohama.

Nkusi avuga ko bakimara kumenyeshwa ko bagiye kuyarekura bihutiye kubibwira abaturage n’Inzego za Polisi zishinzwe umutekano wo mu muhanda bajyayo.

Yagize ati: “Ubu Polisi yahageze irimo kubuza ibinyabiziga gutambuka abaturage nabo babimenyeshejwe”.

Meya Nkusi avuga ko hari undi muhanda imodoka ntoya zikoresha, akavuga ko imodoka zo mu bwoko bwa Coaster ndetse n’ikamyo zirimo gutegereza ko amazi ari mu muhanda agabanuka zikabona gukomeza ingendo.

Ati: “Turibwira ko iki kibazo kitari butinde abagenzi baraza gukomeza gahunda zabo”.

Isoko ryo ku Cyome ubu ryaremye kuko aho amazi yafunze ari imbere gato y’aho riremera.

Gitifu w’Umurenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga Gihana Tharcisse avuga ko hari abanyamaguru barimo gukoresha inzira bagaterera umusozi wa Gatumba bakabona guhura n’imodoka zahaparitse zavuye Iburengerazuba.

Usibye amazi y’Urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo, mu mvura y’itumba buri mwaka amazi ya Nyabarongo akunze gufunga uwo muhanda Polisi igasohora Itangazo abagenzi bifashisha bategereje ko umuhanda wongera kuba Nyabagendwa.

Related posts

M23 yabujije Leta ya DR Congo gukorera mu kiyaga cya Kivu.

Muntu Clarisse

CAF Champions League: APR FC yo mu Rwanda yatsinze US Monastir yo muri Tunisia.

N. FLAVIEN

Gakenke: Imbabura zirondereza ibicanwa zitangwa na APEFA, igisubizo ku baturage b’amikoro macye.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777