Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya

Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa SADC bemeje gukomeza gushyigikira DRCongo.

Inama  idasanzwe ihuza abakuru b’Ibihugu b’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC),yabaye kuwa 6 Werurwe 2025, hifashishijwe ikoranabuhanga , yemeje ko uyu muryango ukomeza gushyigikira Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yambuwe imwe mu mijyi n’inyeshyamba za M23.

Iyi nama yabaye mu buryo bw’iyakure, yatumijwe na Dr. Samia Suluhu Hassan, Perezida wa Tanzania akaba anayoboye uyu muryango mu bijyanye na Politiki,Ingabo n’umutekano.

Abandi bayitabiriye harimo Perezida wa malawi Dr. Lazarus McCarthy Chakwera, Hakainde Hichilema, Perezida wa Zambia ,Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa na Felix Tshisekedi wa Congo.

Dr Samia Suluhu, yavuze ko “ Umuryango wa SAC ugomba gufasha leta ya Congo  kandi uzazakora ibishoboka byose kugira ngo bayifashe. Yongeye gushimangira ubufatanye bwa SADC n’abaturage ba DRC mu rwego rw’ubumwe n’ubufatanye.”

Muri iyi nama kandi bihanganishije  Afurika y’Epfo,Congo,Malawi na Tanzania zatakaje abasirikare benshi ku rugamba bahanganyemo na M23.

Abitabiriye iyi nama kandi bemeje ko bagomba gukomeza kugira uruhare mu kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo.

Hari amakuru yavugaga ko SADC ifite umugambi wo gucyura ingabo nyuma y’aho ingabo zayo zimwe zimanikiye amaboko mu rugamba rwo guhangana na M23.

Umutwe wa M23 kuva wafata umujyi wa Goma, wafashe abasirikare barenga 1000 ba SADC bacungirwa mu kigo cya gusirikare cya Mubambiro ndetse n’i Goma hafi ku kibuga cy’indege.

Uyu mutwe usaba ko umuryango wa SADC (Afurika y’Epfo, Tanzania na Malawi) bacyura abasirikare babo ku neza kandi bagahagarika imirwano nta yandi mananiza.(Umuseke)

Related posts

Karongi: Icyemezo cyamagana abasinda n’abambara impenure ntikivugwaho rumwe.

N. FLAVIEN

“Musanze FC ntimuyitere amabuye kuko na ba Mbappé bijya byanga”: Meya Claudien.

N. FLAVIEN

Umurambo wa General Bigembe wari Perezida wa Mai Mai CMC FPC wasanzwe mu birindiro bya FDLR.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777