Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike Umutekano

Gen Mubarakh Muganga yitabiriye inama y’Abagaba b’Ingabo muri Afurika.

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen Mubarakh Muganga yitabiriye inama isanzwe ya cumi n’icyenda y’abayobozi bakuru b’ingabo za Afurika n’abayobozi bashinzwe umutekano iri kubera i Addis Abeba muri Ethiopia kuva ku itariki ya kuwa Mbere tariki 03 Kamena 2024  ikaza gusozwa kuri uyu Gatatu tariki 05 Kamena 2024.

Mu ijambo rye mu nama ya 19 isanzwe y’abayobozi bakuru b’ingabo zo muri Afurika n’abayobozi bashinzwe umutekano, Bankole Adeoye yashimangiye ko ari ngombwa ko habaho ingamba zihuriweho, ashimangira akamaro ko kumva ibintu kimwe kw’Abanyafurika kuri politiki y’ubwirinzi n’umutekano.

Dr. Alhaji Sarjoh Bah, Umuyobozi w’ishami rishinzwe gukemura amakimbirane, politiki, amahoro n’umutekano, yavuze ko “mu burasirazuba bwa DR Congo, ibintu bikomeje kuba ingorabahizi, hamwe n’ibibazo bikomeje guterwa n’amatsinda y’abarwanyi nka M23 na FDLR”.

“Komisiyo yashyigikiye ingufu z’ububanyi n’amahanga no kohereza ingabo z’akarere nk’ingabo z’akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EACRF) mu Burasirazuba bwa DRC, zimaze kuvayo zisimburwa n’ubutumwa bwa SADC (SAMIDRC) mu rwego rwo guturisha akarere. Iyemezwa ry’ubutumwa bwa SADC mu burasirazuba bwa DRC (SAMIDRC) ryerekana intambwe igaragara mu bikorwa byo kuzana amahoro mu karere”.

Related posts

Musanze FC yerekanye abatoza bashya na ba Rutahizamu 2

N. FLAVIEN

Igitero simusiga cya Ukraine cyaburijwemo n’u Burusiya.

N. FLAVIEN

Abanyeshuri basaga ibihumbi 229 batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777