Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Iteganyagihe Politike Ubukungu Ubuzima

Perezida Kagame ari gusura abaturage bo muri Rubavu bagizweho ingaruka n’ibiza[Amafoto].

Mu ma saa sita n’igice z’amanywa (12h30) kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Gicurasi 2023, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangiye uruzinduko mu Karere ka Rubavu, aho yasuye ahangijwe n’ibiza by’imvura n’inkangu iherutse kugwa mu ijoro rya tariki 02 rishyira tariki 03 Gicurasi 2023 ikangiza Ibintu ndetse igahitana ubuzima bw’abaturage 131 mu Ntara y’Iburengerazuba n’iy’Amajyaruguru.

Muri uru ruzinduko, Perezida wa Repubulika, arahura n’abaturage b’Akarere ka Rubavu by’umwihariko imiryango 1360 yahuye n’ingaruka z’ibiza, aho yahurijwe kuri site yiswe Inyemeramihigo (College Inyemeramihigo) iri mu Murenge wa Rugerero, Site ya Kanyefurwe, ndetse no kuri Vision Jeunesse Nouvelle.

Perezida wa Repubulika asuye aba baturage nyuma yo guhura n’ibiza by’imvura ikabije byahitanye ubuzima bw’abarenga 131, inzu zisaga 5600 zirasenyuka, imihanda 17 irangirika, abagera ku 10,000 biba ngombwa ko bacumbikirwa ahadashyira ubuzima bwabo mu kaga, aho bari kwitabwaho na Leta.

Ubwo ibi biza byabaga, Perezida Paul Kagame yihanganishije imiryango yabuze ababo ndetse n’abanyarwanda muri rusange, ababwirako Igihugu kiri gukora ibishoboka byose ngo ibintu bisubire mu buryo, aho yohereje Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente mu muhango wo gushyingura abitabye Imana.

Kuba Umukuru w’Igihugu ahise aza gusura abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza ndetse akanirebera uko ibi biza byangije bikomeye uduce dutandukanye, byerekana agaciro aha abaturage, akaba abahoza ku mutima by’umwihariko mu bihe by’amage nk’ibi biba bisaba urukundo n’ubugwaneza bya kibyeyi.

Umukuru w’Igihugu yeretswe ahantu hatandukanye hangijwe n’ibiza.
Perezida Paul Kagame ageze kuri Mahoko yeretswe uburyo umugezi wa Sebeya warenze imbibi zawo ukangiza byinshi.
Ibiza byangije ibikorwaremezo byinshi

Related posts

Umukomando ufite ipeti rya Lieutenant Colonel muri FARDC yafatiwe ku rugamba muri Kibumba.

N. FLAVIEN

Burundi: Leta iraca amarenga ku bijyanye no gukingira abaturage bayo Covid-19

N. FLAVIEN

Abanyeshuri basaga ibihumbi 229 batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777