Featured Uburusiya burashinja USA kwenyegeza umuriro isukamo lisansi yoherereza Ukraine rokete zirasa kure kurushaho.
Uburusiya bwashinje Amerika gushaka kongera igihe cy’intambara muri Ukraine nyuma yuko Perezida Joe Biden avuze ko azaha Ukraine misile nshya zirasa mu ntera ndende kurushaho....