Featured Ruhango: Bamwe mu bari bagiye gusengera kuri Kanyarira bahuye n’uruva gusenya.
Inkozi z’ibibi zaraye zambuye abantu bajyaga gusengera mu Ishyamba rya Kanyarira amafaranga asaga ibihumbi 200 y’u Rwanda zinatera ibyuma umwe muri bo ariko Imana ikinga...