Featured Perezida Kagame yakuye mu kazi Habitegeko François wari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba.
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda cyane cyane mu ngingo yaryo ya 112 no ku Itegeko Nomero 14/2013 ryo ku wa 25/03/2013...