Featured Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutari muri DR Congo n’ubwo hari impamvu yatuma rujyayo.
Mu ijambo yavugiye mu Nteko Ishinga amategeko kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Ugushyingo 2022, ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bashya baherutse kwinjira muri Guverinoma, Perezida...