Featured Perezida Kagame asanga ‘abantu bagufi’ badakwiye guhezwa mu Gisirikare cy’u Rwanda.
Ubwo yasozaga Itorero Indangamirwa ryari rimaze iminsi ribera i Nkumba mu Karere ka Burera, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko nta muntu ukwiriye guhezwa...