Featured Igiciro cya litiro y’ibikomoka kuri peteroli cyazamutse ku isoko ry’u Rwanda.
Minisitiri w’Ibikorwaremezo mu Rwanda, Dr Ernest Nsabimana yatangaje ko Leta y’u Rwanda yazamuye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli nyuma y’uko ku isoko mpuzamahanga naho ibiciro bikomeza...