Featured Gakenke: Hakorwa iki ngo imihanda myiza iri gukorwa ibungabungwe mu buryo burambye ?
Akarere ka Gakenke nka kamwe mu Turere tugizwe n’imisozi miremire, usanga bigoranye kugira imihanda myiza iramba kuko imyinshi itwarwa n’isuri, indi igacukurwa n’amazi atemba ava...