Perezida Ndayishimiye wahawe kuyobora AU yavuze ko nta gihugu cya Afurika cyagakwiye kuba giterwa mu kinyejana cya 21
Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye wahawe kuyobora AU (African Union) yasezeranyije gukora ibishoboka byose mu mushinga w’Ubumwe bwa Afurika wo “gucecekesha intwaro”, kugira ngo abaturage...

